Mwaramutse neza ,mbahaye iyo link,ejo twakoranye inama na NESA n,izindi nzego zifiti aho zihuriye n’Uburezi.
Kubera ikibazo cyagaragaye ko hari ibigo bya boarding busigaranye imyanya myinshi bitabonye abana ,NESA yasabye ko ibyo bigo bikorana n’ibigo bya Day schools bifite abana bafite ubushozi bashaka kwiga muri boarding ko abo bana bakorerwa Appeal muri iyo link,NESA ikabohereza kuri ibyo bigo.
Ibi birareba ibigo bitabonye abanyeshuri bahagije nkuko bari babasabye.
Turasaba rero ko ibyo bigo bya boarding bikorana na day schools zibegereye iki gikorwa kikihutishwa .
Iki gikorwa kigomba kuba cyarangiye kuri uyu wa gatandatu ,hanyuma Dimanche abana bagasubizwa.
https://sdms.gov.rw/sas-ui/public/examAppealHome.zul
Mwaramutse neza, ndashimira Komudahwema kutugezaho uburyo bwogushimira nokugaya ibyotubina bitagenda , none ko muba mwimye abana boarding mugashima kubashyira muri day schools nyuma izo links zishyushya ababyeyi mumitwe muba zizanye nyuma y’igihe ngobigende gute? Niba umwana atsinze neza mwagiye mumuha ibyiyasabye.